News

Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Kayonza: BPR Bank yizihiza imyaka 50 yijeje gukomeza kuzamura imibereho y’abaturage – Soma inkuru ...
PRESELECTION REPORT /RBA BOARD CANDIDATES ...
Mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK hafunguwe igikoni kigezweho gitunganya amafunguro azajya ahabwa abarwayi n’abarwaza badafite ubushobozi. Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko iki gikoni kije gukemura ...
U Rwanda na Seychelles byasinyanye amasezerano y'imikoranire mu bijyanye no kuzamura ireme n’imikorere y’urwego rushinzwe serivisi z’igorora, amahugurwa y'abakozi, ubushakashatsi n'ibindi. Aya ...
Abanyamahanga bashoye imari mu Rwanda bishimira umutekano w’ishoramari ryabo riri mu gihugu, ndetse n’ingamba zashyizweho zorohereza abanyamahanga. Babigarutseho ubwo bamurikaga ku mugaragaro ...
Umugaba w'Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana. African ...
Ikipe y'Igihugu "Amavubi" yanganyije na Lesotho 1-1 mu mukino w'umunsi wa 6 mu gushaka itike y'Igikombe cy'Isi cya 2026, wabereye kuri Stade Amahoro, kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 25 Werurwe 2025.
Kimwe mu biranga ubukana bwa Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, nuko nta hantu na hamwe abicanyi batakoreye Jenoside, haba muri za Kiliziya, mu nsengero no mu mavuriro. Ikiremereye kurushaho nuko ...
Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) rwatangaje ko kuva mu mwaka utaha wa 2025 ubwizigame bw'umukozi buzava kuri 6% by'umushahara we byari bisanzwe bitangwa bikagera kuri 12% by'umushahara buri ...
Umuhanzikazi Bwiza Emerance, wamamaye nka Bwiza, yasobanuye byinshi kuri album ye ya kabiri yise '25 Shades', azashyira hanze tariki 8 Werurwe 2025, mu gitaramo azakorera i Bruxelles mu Bubiligi.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare (NISR) cyavuze ko mu ntangiriro z’ukwezi gutaha kwa 10 kizashyira ahagaragara ibyavuye mu bushakashatsi bwa 6 ku buzima n’imibereho y’abaturage, DHS 2020.