News
Abaturage bo mu Karere ka Rutsiro barishimira ko nyuma y'igihe kirekire basaba ko umuhanda wa Congo - Nil - Manihira ubahuza n'uturere twa Ngororero na Nyabihu ukorwa, noneho ingengo y'imari yawo ...
Ubuyobozi bwa Koperative Umwalimu Sacco bwatangaje ko mu myaka 22 ishize iyi koperative ishinzwe, imaze gutanga inguzanyo ya miliyari 1041Frw ku barimu bo hirya no hino mu Gihugu, bakorana nayo. Mu ...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko inyubako z'umupaka uhuriweho wa Rusizi ya Kabiri, Rusizi II One Stop Border Post (OSBP) zamaze kuzura ndetse zatangiye gukoreshwa. Izi nyubako zitezweho gutanga ...
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungireh yakiriye Amb wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Hazza Mohammed Falah Kharsan AlQahtani wari uje kumusezeraho kubera ko ashoje ...
Ikigo Mpuzamahanga cya Banki y’Isi gishinzwe guteza imbere Abikorera (IFC) cyashyize ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda, impapuro mpeshamwenda zifite agaciro ka miliyoni 17$. Ni ubwa mbere IFC ...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 16 Nyakanga 2025, Inama y'Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho abayobozi batandukanye, ...
Umuyobozi w’Ikigo cya Israel gishinzwe ibyoherezwa mu mahanga, Avi Balashnikov n’intumwa ayoboye bari mu Rwanda, mu ruzinduko rugamije gushimangira ubufatanye bw'Ibihugu byombi mu bijyanye ...
Muhammadu Buhari wabaye Perezida wa Nigeria kuva mu 2015 kugeza mu 2023 yitabye Imana ku myaka 82. Umuvugizi we, Garba Shehu, yatangaje ko Buhari yaguye mu Bwongereza, aho yari amaze iminsi yivuriza, ...
Umujyi wa Kigali wavuze ko bitarenze uyu mwaka wa 2025 imashini zose zikoreshwa mu Gakiriro ka Gisozi zizimurirwa ahandi, hagasigara abacuruza ibikoresho byamaze kurangira. Ni icyemezo cyafashwe mu ...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Umugaba w'Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana. African ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results