News
Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Ubuyobozi bwa Koperative Umwalimu Sacco bwatangaje ko mu myaka 22 ishize iyi koperative ishinzwe, imaze gutanga inguzanyo ya miliyari 1041Frw ku barimu bo hirya no hino mu Gihugu, bakorana nayo. Mu ...
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungireh yakiriye Amb wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Hazza Mohammed Falah Kharsan AlQahtani wari uje kumusezeraho kubera ko ashoje ...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko inyubako z'umupaka uhuriweho wa Rusizi ya Kabiri, Rusizi II One Stop Border Post (OSBP) zamaze kuzura ndetse zatangiye gukoreshwa. Izi nyubako zitezweho gutanga ...
Ikigo Mpuzamahanga cya Banki y’Isi gishinzwe guteza imbere Abikorera (IFC) cyashyize ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda, impapuro mpeshamwenda zifite agaciro ka miliyoni 17$. Ni ubwa mbere IFC ...
Perezida Paul Kagame yashimiye Masai Ujiri washinze umuryango Giants Of Africa n’umukinnyi w’ikirangirire muri NBA, Kawhi Leonard ku guhitamo u Rwanda nk’igicumbi gikuza impano z’abato. Ibi, Umukuru w ...
Urwego rw'Abikorera mu Rwanda, PSF rutangaza ko hari ishoramari u Rwanda rumaze kunguka mu myaka 27 rumaze rutegura kandi rukanakira imurikagurisha Mpuzamahanga. Ibi uru rwego rurabitangaza mu gihe ...
Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Ubuzima, RBC, cyasabye urubyiruko kwigengesera no gukomera ku ngamba zo kwirinda Virusi itera SIDA, kuko muri iyi minsi ubwandu bwiganje mu rubyiruko aho 35% by’abandura ...
Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mu ngingo yaryo ya 116, none ku itariki ya 23 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yashyizeho Minisitiri w’Intebe, Dr ...
Abagera kuri 44 barimo ba Ofisiye bato, abo mu rwego rw’Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB), ab'urushinzwe Igorora (RCS) n'ab'Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza n’Umutekano (NISS) basoje amahugurwa ...
Abaturage bo mu Karere ka Rutsiro barishimira ko nyuma y'igihe kirekire basaba ko umuhanda wa Congo - Nil - Manihira ubahuza n'uturere twa Ngororero na Nyabihu ukorwa, noneho ingengo y'imari yawo ...
Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda buvuga ko mu myaka 6 ishize, bumaze kwakira ibirego 68 by’icyaha cyo gucuruza abantu cyakozwe n’Abanyarwanda n’abanyamahanga. Ubushinjacyaha ariko buvuga ko kumenya ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results