News

Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Kayonza: BPR Bank yizihiza imyaka 50 yijeje gukomeza kuzamura imibereho y’abaturage – Soma inkuru ...
PRESELECTION REPORT /RBA BOARD CANDIDATES ...
U Rwanda rugiye kwakira abimukira bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y'amasezerano yashyizweho umukono n'ibihugu byombi. Visi Perezida w'Umutwe w'Abadepite, Sheikh Mussa Fazil Harerimana, ...
Abanyeshuri biga muri Kaminuza y'u Rwanda baterwa inkunga na Mastercard Foundation bitabiriye ihuriro ry'iminsi 5 (Summer Camp), bavuga ko inyigisho bahabwa zibafasha gukurana indangagaciro nziza ...
Leta y’u Rwanda igiye gukoresha miliyari 200 Frw mu kubaka amashuri yigisha tekiniki, imyuga n’ubumenyingiro, azaba afite ikoranabuhanga rihambaye, abarimu b’inzobere n’ibikoresho bigezweho. Bikubiye ...
Ba Ofisiye 81 basoje amasomo mu buvuzi, ubuhanga mu bya gisirikare n'ubumenyi mbonezamubano basabwe kubakira kuyubakiraho mu rugendo rwo gutanga impinduka zifasha igihugu n'Akarere mu guhangana ...
Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yateranye aho iri kwemeza umushinga w’itegeko rigenga serivisi z’ubuvuzi, rifite ingingo 111 zirimo iyemerera ingimbi n'abangavu kwifatira ibyemezo bireba ubuzima ...
Perezida Paul Kagame yashimiye Masai Ujiri washinze umuryango Giants Of Africa n’umukinnyi w’ikirangirire muri NBA, Kawhi Leonard ku guhitamo u Rwanda nk’igicumbi gikuza impano z’abato. Ibi, Umukuru w ...
Abaturage bo mu Karere ka Rutsiro barishimira ko nyuma y'igihe kirekire basaba ko umuhanda wa Congo - Nil - Manihira ubahuza n'uturere twa Ngororero na Nyabihu ukorwa, noneho ingengo y'imari yawo ...
Abahanzi bakomeye muri Nigeria barimo Timaya, Kizz Daniel na Ayra Starr ndetse na The Ben; bashyize akadomo ku cyumweru cy’ibikorwa by’Iserukiramuco rya ‘Giants of Africa’ mu gitaramo cyitabiriwe ku ...
Abagera kuri 44 barimo ba Ofisiye bato, abo mu rwego rw’Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB), ab'urushinzwe Igorora (RCS) n'ab'Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza n’Umutekano (NISS) basoje amahugurwa ...